in

Abatuye i Kigali bishimiye ko amasaha yo gutaha yongerewe (Amafoto)

Guhera ku munsi w’ejo hashize tariki ya 12 Kanama 2021, amasaha yo gutaha yagizwe saa mbiri z’ijoro (8pm) avuye kuri saa kumi n’ebyiri (6pm).

Abatuye umujyi wa Kigali bishimiye ko amasaha yo gutaha yongereweho abiri bakaba babona ari umwanya mwiza babonye wo kwagura ibikorwa byabo ndetse no kwiteza imbere biruseho. Hirya no hino mu mihanda no mu tuyira tw’abanyamaguru, abantu bari bafite akanyamuneza kagaragarira ku maso ndetse n’abandi bari bakomeje imirimo yabo bishimye mbere yuko isaha yagenwe yo gufunga amaduka yabo berekeza mu ngo zabo igera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shaddyboo yavuze ibyo umusore amukorera buri wa Gatanu

Cristiano Ronaldo muri PSG