in

Coach Gael yashyize ukuri kose hanze ku byamuvuzweho ko yashakaga kwica igitaramo The Ben yakoreye i Bujumbura ndetse kandi yanavuze umukinnyi akunda ku Isi – VIDEWO

Coach Gael yashyize ukuri kose hanze ku byamuvuzweho ko yashakaga kwica igitaramo The Ben yakoreye i Bujumbura ndetse kandi yanavuze umukinnyi akunda ku Isi.

Mu minsi ishize nibwo mu Rwanda no mu Burundi, inkuru nyinshi zagarutse ku gitaramo The Ben yakoreye i Bujumbura mu Burundi.

Hari amakuru yavuzwe ko Coach Gael yakoze uko ashoboye kugira ngo iki gitaramo ntikibashe kugenda neza.

Uyu mushoramari, Coach Gael yavuze ko adakunda Messi cyangwa Cristiano Ronaldo ahubwo ko akunda Zidani ndetse akaba anemera cyane Jimmy Gatete.

Ndetse kandi yanavuze ko we akunda amafaranga rero ko atashora gutanga agera kuri miliyoni 7 kugira ngo bice igitaramo cya The Ben.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amarira yabo niyo abagejeje ku itsinzi! Diamond Platnumz yafashe amarira y’abana be ayahindura ibitwenge ubwo yageragezaga kubasiga ngo aze i Kigali wenyine

Yavamo umugore w’ikitegererezo! Ihere ijijo ubwiza n’imiterere by’umukobwa wabaye igisonga cyambere cya Miss Rwanda 2020