in

NdabikunzeNdabikunze

Clarisse Karasira n’umugabo we bari kurira ubuzima muri Amerika(AMAFOTO)

Umuhanzikazi Clarisse Karasira n’umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie bamaze kugera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho bagiye gutura.Ni nyuma y’aho Ku wa Gatanu tariki 5 Ugushyingo 2021, aribwo Clarisse Karasira n’umugabo we Dejoie bahagarutse ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe berekeza muri Amerika.

Mu mafoto yaragaye arerekana ko bibereye muri Amerika aho bakomeje kugirira ibihe byiza ndetse ari naho bagiye gutura.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Christopher yageneye Bruce Melodie ubutumwa bukakaye.

Bamwise umusazi kubera ibyo yakoze agiye kwambika impeta umukunzi we (AMAFOTO)