in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Bamwise umusazi kubera ibyo yakoze agiye kwambika impeta umukunzi we (AMAFOTO)

Umunyarwenya ukomeye muri Nigeria yafashwe nk’uwakoze igikorwa cy’ubusazi nyuma yo kwambika impeta umukunzi abanje kuryama hasi mu muhanda.

Bimenyerewe ko iyo umusore arimo kwambika impeta umukobwa atera ivi hanyuma agashyira impeta mu rutoki rw’umukunzi.Uyu mugabo we yatunguranye mu mafoto yasakaye kuri instagram agaragara yubitse inda nkuburyo yahisemo kwambika impeta umukunzi we.

Mu gihe yashakaga kwinjiza impeta mu rutoki, yaryamye mu muhanda kugira ngo abigereho. Umunyarwenya wishimye yavuze ko umugore we yavuze yego.

Yahise amushimira ko yemeye icyifuzo cye, yongeraho ko ubukwe bwabo buzaba vuba cyane.Ahamya ko urukundo rugomba urunyakuri.Bamwe bamufashe nkuwasaze kubera uburyo yagaragaye yaryamye mu muhanda kugirango yambike impeta umukunzi we.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Clarisse Karasira n’umugabo we bari kurira ubuzima muri Amerika(AMAFOTO)

Umucekuru w’imyaka 85 uterura ibyuma yateye ubwoba isi yose||Ahishuye ibanga ry’imbaraga ze(AMAFOTO)