in

Chelsea na Tuchel mu byago bikomeye byo guhomba umukinnyi uyifatiye runini.

Ikipe ya Chelsea ndetse n’umutoza Thomas Tuchel bakomeje gutsindwa ku isoko ry’igura n’igurisha aho bari mu byago byo kongera guhomba umukinnyi wari witezweho kuziba impinduka mu bwugarizi bw’iyi kipe.

Chelsea ikaba yashakaga kugumana umukinnyi ukiri muto wa Feynoord Ian Maasten, aho yari yitezweho kuziba icyuho cyatewe na Antonio Rudiger wagiye muri Real Madrid.

Ian Maasten mbere yuko agera muri Feynoord muri 2013 yabanje guca mu makipe agiye atandukanye harimo Sports Rotterdam ndetse na PSV.

Nyuma yuko Ian Maasten aburiye umwanya wo gukina bihoraho yafashe umwanzuro wo gusohoka muri iyi kipe akajya gushakira ahandi ubuzima dore ko atigeze ahirwa mu ikipe ya Chelsea ndetse ubungubu akaba ashaka gusubira muri Feynoord.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda k’abagabo bahohoterwa n’abagore bishakiye(Video)

Premier league ikomeje gukanga benshi, Lewandowiski mu mazi abira.