in imikino Nyuma ya byinshi byari bimaze iminsi biyivugwamo n’ubukene butumye umutoza w’ikipe ikomeye hano mu Rwanda ashobora kwigendera kubera inzara igiye gutuma n’akabiri yazanye kamushiraho
in imikino Yarakwiye kujya ku gatebe! Muri 11 Rayon Sport igiye kubanza mu kibuga harimo uwo abafana bafitiye ubwoba ko yabatsindisha
in imikino Irerero rya PSG mu Rwanda ryongeye gutanga amahirwe ku bana b’abakobwa n’abahungu bafite Impano yo guconga ruhago
in imikino Hamenyekanye umukinnyi ukomeye wa Apr Fc watinyutse akabwiza ukuri umutoza bigatuma bamusiga mu Misiri Apr yageraga mu Rwanda ikabeshya ko yavunitse
in imikino Hamenyekanye umukinnyi wa Apr Fc wasabye ko bamusimbuza ariko umutoza arabyanga bituma Apr yishyurwa igitego na Bugesera
in imikino Ubuyobozi bwa APR FC buri gushaka urwitwazo rwo kwirukana Thierry Froger nta n’igitoboye bamuhaye
in imikino Umukecuru wavuye Mageragere n’amaguru aje kureba umukino Apr Fc yanganyijemo na Bugesera mu gahinda kenshi yasobanuye aho bipfira n’impamvu Apr Fc itabona intsinzi