in imikino Ayigarutsemo! Muhire Kevin yamaze gusinyira ikipe yahozemo y’i Nyarugenge ubu aratangira i myitozo mu Nzove
in imikino Mitima Issac nawe yisanzemo! Abakinnyi ba Rayon Sports basabiwe n’umutoza Mohamed Wade gukurwaho amafaranga ku mushahara kubera impamvu zitandukanye
in imikino, Utuntu n'utundi Ishaka abafana ku kibuga: Nyuma yo kunganya na Bugesera FC abafana bagataha bariye Karungu ikipe ya APR FC imaze gukubita hasi ibiciro by’umukino ifitanye na Mukura Victory Sports
in imikino APR FC ibintu byayo iri kubikora kare, iyi kipe yamaze gushyiraho ibiciro byo kwinjira nubwo abafana bayo bafite ubwoba bw’ikipe bazakina nayo
in imikino Mvuyekure Emmanuel wakubise umupira umusifuzi agahabwa ikarita itukura akoze igikorwa cyashimishije abakunzi ba Rayon Sport ndetse n’abakunzi ba ruhago muri rusange
in imikino Kompanyi ya Betting ikomeye hano mu Rwanda igiye gusinyana amasezerano na League kugirango ijye ihemba umukinnyi n’umutoza w’ukwezi ibintu biba i Burayi cyane
in imikino Rayon Sport na Arsenal zamutwaye umutima! Umukinnyi wa filime nyarwanda yatwawe umutima na makipe abiri arimo Rayon Sport na Arsenal
in imikino Birabe ibyuya! Umukinnyi wa Rayon Sports wahawe ikarita y’umutuku arigusabirwa ibindi bihano birenze ibyo yahawe
in imikino Iraguha Hadji wavuzweho gufatana mu mashati n’umutoza we Yamen Zelfani yavuze uko byagenze ndetse anavuga ibyo abantu batari bazi
in imikino Enye za mbere Rayon Sports yazigezemo: Uko urutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda ruhagaze nyuma y’uko umutoza wa mbere yirukanwe
in imikino Abakunzi ba Rayon Sports babonye umutoza Mohamed Wade akora ibyo bifuza bashimye umukinnyi umwe gusa wari warimwe umwanya burundu na Yamen Zelfani