in imikino Irasigara mu mwenda w’amanota 5! Ikipe yo muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza yahanishijwe gukurwaho amanota aruta ayo yarifite
in imikino “Kuri YouTube ntibizakunda” Amakuru meza ku bakunzi ba ruhago batagiraga amahirwe yo kujya mu masitade bikarangira babuze aho barebera imikino y’amakipe bakunda
in imikino “Ngo imyaka 15 kandi wagirango bafite 18” Abana bavuye mu irerero rya Bayern Munchen byajya mu ikipe y’igihugu Amavubi imyaka yabo ikomeje gutungura benshi ugereranyije n’igihagararo bafite -AMAFOTO
in imikino Umunyamakuru w’imikino kuri RBA agiye kugirwa umunyamabanga ‘SG’ w’ikipe nshya yaguzwe na Mvukiyehe Juvenal
in imikino Cedric w’imyaka 12 wavuze ko ari imfubyi mu marira menshi asaba ubuvugizi kuko yakuwe ku rutonde rw’abana batoranyijwe kujya mu irerero rya Bayern Munich, RIB yaje gusanga yarabeshyaga none umubyeyi we yabigendeyemo
in imikino Amarira y’aba bana ntayarikubagwa amahoro! RIB ikomeje iperereza ku bakoze uburiganya mu guhitamo abana bagiye mu irerero rya Bayern Munich mu Rwanda – Hari abamaze gutabwa muri yombi
in imikino Kujya kuri Sitade ni ubwende! Abakunzi ba Rayon Sports na APR FC bashyizwe igorora umukino bazawurebera ubuntu
in imikino Amavubi yaba abonye ibisubizo? Abakinnyi 3 bakubutse mu Budage bongerewe mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 15
in imikino Umukinnyi wa Rayon Sports yasabye imbabazi atakamba cyane umutoza Mohamed Wade kugirango azakinishwe maze ababaze cyane APR FC ariko ibyo yasubijwe biratangaje
in imikino Muri Gikundiro nta mukinnyi uruta abandi koko! Rayon Sports izakina na APR FC idafite abakinnyi bayo 2 harimo umunyamahanga washatse kwerekana ko arenze abandi maze bamucishaho akanyafu
in imikino Perezida wa FERWAFA yakiriye abana baserukiye u Rwanda mu marushanwa y’amarerero ya Bayern Munich yaberaga mu Budage (AMAFOTO)
in imikino Afana imwe muri zo! Umukino wa Rayon Sports izakirwamo na APR FC ugiye gutuma umupasiteri asiba igiterane ku mugaragaro