in Entertainment Ntiyumva! Nyuma y’uko abafana biyamye Rihanna kurata inda ye, byatumye noneho ayiratira icyo yambaye icyo twa kwita nk’ubusa (AMAFOTO)
in Entertainment Ni buziburamwenge! Inkumi zarwaniye gushyira ibibuno byazo ku bugabo bwa Davis D kubera ibanga bwifitemo ryatumye ahita ahinduka umwami w’amajyepfo (VIDEWO)
in Entertainment, Quiz Ni ikihe kintu ubona rimwe mu munsi, ukakibona rimwe mu kwezi, ariko utabona mu mwaka? – IGISUBIZO
in Entertainment, imikino “Bye, bye!” Umunyamakuru wari ukunzwe cyane mu makuru y’imikino mu Rwanda yafashe rutemikirere yerekeza hanze y’u Rwanda (VIDEWO)
in Entertainment Abuguza ari no kwitamo icyo kunywa! Umuherwekazi Aliah Cool yerekanye umukino azi gukina ariko awukina yiteretse akantu ko kunywa kubera imibare myinshi usaba kugira ngo utsinde (AMAFOTO)
in Entertainment Yabonye atari we uzahora agaramye mu kirambi wenyine yishumbusha mutembanshyunshyu! Umunyamakuru ukunzwe mu Rwanda wari ingaragu y’ingaramacyirambi yafashe icyemezo cyo kigabo asezerana n’umukunzi we yamuhase urukundo ruzira uburyarya (AMAFOTO)
in Entertainment Abafotozi babona byinshi! Linda ukina muri Filime umuturanyi yifotoje yambaye ubusa ni uko maze ku myanya y’ibanga akingaho utuntu duteye amabengeza
in Entertainment Umva ko bogeza, uyu abaye ari igitego nk’icya Rayon ntihaboneka ucyogeza! Dore uburanga n’ubwiza bw’inkumi yatumye umu-producer wari umaze kugira imyaka nk’iy’icyiyoni afata icyemezo cyo gusezera kugarama mu kirambi (AMAFOTO)
in Entertainment “Imana ihindura ibihe uwari unanutse akabyibuha” Anita Pendo yishyize ku karubanda ubundi ab’isi bamutaramiraho nk’inzoga y’umuganura kubera ukuntu yari ananutse cyera ifaranga ritari ryamuyoboka (IFOTO)
in Entertainment Ibi ni ibiki banyarwanda? Kumumenya biri gusaba gushishoza, Alyn Sano yashyizeho inyogosho imira izindi zose
in Entertainment Akungo gashaje niko karyoshya imboga! Zari Boss Lady uri mu byamamare bikuze ntiyita kumyaka ye uhubwo arekura amafoto y’ikimero cye atitangiriye itama (AMAFOTO)
in Entertainment Ntiyamuta ngo ajye mu kazi! Ukuntu The Ben yanze gusiga umugore we i Musanze ngo ajye gukorera amafaranga amafaranga arenge miliyoni 5 i Rubavu mu rubyiniro rwari ruri mu miryoshyo