in Entertainment Biteye urujijo! Wa mugore witwa Murungi Diane uvuga ko yabyaranye na Pasiteri Theogene Niyonshuti, yabwiye Pasiteri Yongwe ko Theogene yamusigiye inda y’amezi atandatu
in Entertainment “Shaka nimero za Matiyasi (Mathias) ugura ibyuma bishaje” Shaddy Boo yabwiwe amagambo akomeretsa nyuma yo kuvuga ko ashaka umugabo bashyingiranwa bakibanira nk’umugore n’umugabo
in Entertainment I Kigali naho yahishinze ibirindiro! Isimbi Yvonne uzwi cyane ku mbuga zicuruza amashusho y’urukozasoni, yamuritse inzu ye y’ibyumba b’ibibiri izajya iruhukiramo abakerarugendo baje gusura u Rwanda (VIDEWO)
in Entertainment Mbega umusore uri romantic! Wa musore witwa Dieudonne watunguye umukunzi we bari mu masengesho akamurera ivi, yavuze ukuntu yabikoze abantu batungurwa n’ukuntu yabipanze
in Entertainment Impundu zirikuvuzwa mu muryango! Umunyarwenya ugezweho mu Rwanda yibarutse imfura ye
in Entertainment, Utuntu n'utundi Igikwe cyahumuye! Hari amatariki yagiye hanze y’igihe Prince Kid azashyingiranwa n’umukunzi we Miss Iradukunda Elsa
in Entertainment Wa mukobwa witwa Ruth wigeze guterwa inda na Theo Bosebabireba bigatuma atongera kujya gusenga, yatekewe imitwe n’umugabo we amuta mu nzu anatwite
in Entertainment Birabe ibyuya! Umugore witwa Murungi Diane akomeje kwemeza ko yabyaranye na Pasiteri Theogene Niyonshuti umwana w’umukobwa
in Entertainment I Kigali inkumi zikomeje gukira! Umukobwa witwa Denyse yakiriye imodoka ye yo mu bwoko bwa Brabus yavuye kwizanira i Dubai ku ruganda aho yahise iyizengurukamo mu mihanda ya Kigali (AMAFOTO, VIDEWO)
in Entertainment “Ya marembo y’ijuru menya yarayinjiyemo, ubuse Mbonyi azabishobora koko?” Abantu bavugishijwe nyuma yo kubona umwari w’uburanga buhebuje bivugwa ko ari we watsindiye umutima w’umuramyi Israel Mbonyi
in Entertainment Tuzatandukanywa n’urupfu! Amashusho ya Pastor Theogene asezerana n’umugore we Assia barahira kuzatandukanywa n’urupfu akomeje gutera benshi agahinda
in Entertainment Yabonye atari we uzahora ari wenyine muri iyi mpeshyi! Umunyamakuru wa RadioTv10 yashyingiranywe n’umukunzi we bamaranye imyaka itari mike (AMAFOTO)