in

Byari ugutwika! Ibya Mama Cyangwe na Papa Cyangwe noneho birayoberanye

Hashize iminsi umuhanzi Abijuru King Lewis uzwi nka Papa Cyangwe atangaje ko we na Uwase Angel uzwi nka Mama Cyangwe bamaze gutandukana. Ibi Papa Cyangwe yagiye abivuga mu biganiro bitandukanye yagiranye n’abantu batandukanye ndetse na Mama Cyangwe ubwe yagiye avuga ko we na Papa Cyangwe nta rukundo rukiri hagati yabo.

Nyuma gayo y’uko aba bombi batangaje ibi, twabakurikiraniye iyi nkuru gusa kugeza ubu nkuko bigaragara kuri profil ya instagram ya Mama Cyangwe hariho ifoto ya Papa Cyangwe ndetse aba bombi buri umwe akurikirana mugenzi we bigaragara ko urukundo hagati yabo rugihari.

Kuri profil ya Mama Cyangwe hariho ifoto ya Papa Cyangwe

ndetse ibyo bakoze byo kuba buri umwe yaravuze ko atakiri mu rukundo n’undi twabyita bimwe byadutse iki gihe bizwi nko gutwika.

Mama Cyangwe
Papa Cyangwe

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amagambo Kylian #Mbappe yatangaje nyuma yo kurata penalty yatumye Ubufaransa butaha yakoze benshi ku mutima

I Rusizi: Umwarimu yafashwe arimo gusambanya umunyeshuri yigisha