in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Byari ibyishimo n’amarira ubwo Abapolisi bahawe ipeta rya ba Ofisiye bato bahuraga n’ababyeyi babo (video)

 

Kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yatanze ipeti rya Assistant Inspector of Police ku bapolisi 656 binjijwe mu cyiciro cya ba ofisiye bato muri Polisi y’Igihugu y’u Rwanda.

Ni umuhango wabereye mu Ishuri rya Polisi rya Gishari riherereye mu karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba.

Uyu muhango urangiye, abapolisi binjiye mu cyiciro cya ba Ofisiye bato bagiye gusuhuza imiryango yabo. Nkuko amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga abigaragaza, akanyamuneza kari kose ndetse n’urukumbuzi rwari rwinshi ubwo bahuraga n’ababyeyi babo.

Video: RBA

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Cyusa yagize icyo atangaza kurukundo rwe na Nyirasenge wa Miss Naomie

Ngaba abanyamakuru b’imikino mu Rwanda batwarwa n’amarangamutima cyane