in

Byakomeye; Cristiano Ronaldo yasohotse ku kibuga umukino utarangiye aritahira nyuma yo kubona ko atari bukine (Amafoto)

Rutahizamu ukomeye cyane wa Manchester United, Cristiano Ronaldo yakoze agashya asihoka ku kibuga umukino utari warangira.

Uyu Rutahizamu yabikoze mu ijoro ryakeye, ubwo ikipe ye ya Manchester United yatsindaga Tottenham, ibitego bibiri ku busa.

Cristiano Ronaldo yasohotse ku munota wa 89 w’umukino aho yabonaga ko umukino ugiye kurangira adakandagiye mu kibuga.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Eric Ten Hag yavuze ko atigeze aha uruhushya Cristiano Ronaldo, aho avuga ko na we yabonye asohoka.

Asoza avuga ko kuri uyu wa Kane ari buze gufata umwanzuro kuri iki kibazo.

AMAFOTO:

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AMOKO 5 Y’URUKUNDO

Abatuye n’abagenda i Kigali bakoresha imodoka rusange umujyi wa Kigali wabashyize igorora