in

Bya bintu ni ukuri! Umuryi kabuhariwe i Kigali Temarigwe yavuze ukuntu yariye kugeza avunitse(inda iraturika) ndetse avuga ukuntu abanye n’umuryango we – VIDEWO 

 

Umugabo witwa Temarigwe Ablal wamenyekanye mu bihe byashize mu marushanwa yo kurya ibiryo byinshi, yavuze ko kuva yavuka atari yarya ngo ahage na rimwe.

Temarigwe utuye mu Kagari ka Rwampara mu Murenge wa Nyarugenge, yavuze ko ubusanzwe iwe arya ikilo cy’umuceri gusa iyo agiye gusura abamutumiye, byibuze arya ibiro 10 by’umuceri, ihene yose ndetse n’amakaziye 2 ya Fanta.

Uyu mugabo kandi yavuze ko yigeze kurya maze inda iraturika (ibyo we yita kuvunika) yavuze ko icyo give byibuze yumvaga aribwo yenda guhaga.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miliyoni zirenga 500 n’amatungo arenze 2,500 yabazwe ni bimwe mu byaranze umunsi wo gutanga igitambo ku bemera dini rya Islam https://wp.me/p7ovfz-Xvy

Perezida wataye ikipe yayoboraga mu Rwanda, yatakambiwe na banyirayo kugira ngo agaruke mu nshingano yari arimo