in

Bwa mbere M Irene yavuze kuri Niyo Bosco bamaze igihe baratandukanye

Umunyamakuru Murindahabi Irene yagize icyo avuga ku wahoze ari umuhanzi we, Niyo Bosco batandukanye mu minsi yashize.

Ubwo yari yitabiriye ibirori byo gutanga ibihembo bya The Choice Award, Irene yabajijwe niba akivugana na Niyo Bosco.

Imbere y’abantu yavuze ko bakivugana ndetse ko akimukurikirana nubwo batagikorana.

Ubwo yari agiye kugenda bamusabye kugira ubutumwa aha Niyo Bosco, aho yahise amubwira ko amukunda.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mukino ntabwo ukibaye! Umukino wari witezwe hagati ya Rayon Sports WFC na APR WFC ntabwo ukibaye bitewe n’uburangare bwa APR WFC

Umunyamakuru Mutesi Scovia yakubiswe inshuro n’umuherwekazi w’uburanga n’amafaranga