Abantu bagera kuri 58 bafashwe n’uburwayi bw’amayobera nyuma yo kunywa umushera.
Inkuru ya BTN TV ivuga ko aba bantu batashye ubukwe maze banywa ubushera ibyatumye abagera kuri 58 bajyanwa kwa muganga igitaraganya ari indembe, bakavuga ko ubwo bushera bushobora kuba bwari bwahumanyijwe.
Ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima cya Ntaruka cyakiriye abo barwayi nabwo buremeza iby’aya makuru aho buvuga
ko bwabakiriye bubakora ubutabazi bw’ibanze kuburyo ngo batangiye gusezererwa.
Izo nzoga wagirango zikorwa mu byondo? urumva ubundi zitazanabica, leta yacu nizice kabisa, uzinyweye abyimba amaguru,n,’amatama? 🙄