in

Bruce Melodie yatunguwe n’ibyamamare bitandukanye ku isabukuru ye (video)

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibwo Bruce Melodie yatunguwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Eddy kenzo na Madebeats hamwe na team ye .

Kuri uyu munsi nibwo Bruce Melodie yizihije isabukuru ye ubwo yari kumwe n’inshuti ze za hafi ndetse n’umuhanzi Eddy kenzo umaze iminsi mu Rwanda.

Eddy kenzo na Bruce Melodie bamaze iminsi bari mu mishinga y’indirimbo bazahuriramo ndetse byitezweko baza kujyana mu gihugu cya Tanzania kwitabira igitaramo cya Harmonize.

Twabibutsako Bruce Melodie na Harmonize bafitanye umushinga warangiye no gufatwa amashusho aho mu gihe cya vuba indirimbo bakoranye iraza kujya hanze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo umunyeshuri yakoreye mwarimu we bishobora gutuma bafungwa bose

Nyuma yo kuzuza miliyoni y’abamukurikira kuri Instagram, Shaddy Boo yatwitse imbuga nkoranyambaga (amafoto)