in

Bruce Melodie yatumye umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cya Kenya yifuza gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi

 

Umuhanzi ukomeye cyane wo mu gihugu cya Kenya witwa Bahati nyuma yuko abonye amashusho y’umuhanzi Bruce Melodie yasuye urwibutso rwa Ntarama yahise atangaza ko ashaka gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi.

Umuhanzi Bahati ukomeye cyane mu gihugu cya Kenya yatangaje ko ashaka gusura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 nyuma yo kubona amashusho ya mugenzi we w’umuhanzi Bruce Melodie wariwasuye urwibutso rwa Ntarama tariki 14 Mata 2023 maze na we ahita agira ati:” Nkeneye gusura urwibutso ningera mu Rwanda”.

Aya magambo yayanyujije kuri Instagram ya Bruce Melodie ahandikirwa ibitekerezo hazwi ku izina rya comment mu ndimi z’amahanga.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urwenya: Sokereteri wacu twamuteye inda (isekere)

Premier League: Manchester United yikuye imbere ya Nottingham ishimangira Big 4