in

Bruce Melodie yahishuye ko abantu benshi bamufitiye ishyari kubera urwego agezeho

Umuhanzi Bruce Melodie Itahiwacu yavuze ko abantu bamufitiye ishyari kubera ko hari byinshi amaze kugeraho mu muziki we.Mu mimsi yashize nibwo uyu muhanzi yashyize yanze indirimbo ye nshya yise “Bado”,aho yashimiraga abantu batandukanye bamufashije ndetse anenga abamwambuye.Nyuma yaje gukurikirwa n’amagambo menshi y’abamwibasira,abandi bakamushinja kwirata no kwishyira hejuru.Kuri ubu yatangaje ko abamuvuze bose ari ishari bamufitiye ntakindi.

Uyu muhanzi aganira na ISIMBI TV yavuze ko kubera byinshi yigejejeho ,yakagombye kuvugwa neza,ariko ngo kubera ishari ry’abantu ,ryatumye bamuvuga nabi.

Yagize ati”igihe bamvugaga byatumye numvaga nashaka umwenda w’urubwa..abantu benshi bamvuze nabi.Abantu narabivumbuye bamfitiye ishyari,bari barabihishe barabuze uko babivuga.Nibwo babivuze”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Naomi na Miss Ingabire bagaragaye mu mucyo udasanzwe,bamwe bakeka ko ari abamalayika(AMAFOTO)

Ngaba abanyarwandakazi bakomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga bakazibyaza agatubutse babikesha ubwiza n’ikimero cyabo(AMAFOTO)