in

Breaking news: Umusifuzi yahagaritswe imyaka 15 atagaragara mu bikorwa by’umupira w’amaguru

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Uganda FUFA ryahannye umusifuzi John Bosco Kalibbala, imyaka 15 atagaragara mu bikorwa by’umupira w’amaguru.

Ibi bihano babimufatiye  kubera amakosa ashingiye kuri ruswa yakoze mu mukino wa Tooro United yatsinzwe mo na UPDF ibitego 2-4 ndetse n’umukino Gaddafi yanganyijemo na  Onduparaka ibitego 2-2.

Bivugwa ko uyu musifuzi wo hagati, iyi mikino yombi yari yayisheteye ibizwi nka (Betting), nko mu mu mukino wa Tooro na UPDF yatanze penariti 2 zigasobanutse ku makipe yombi.

Naho ku mukino wa Gaddafi na  Onduparaka naho yatanze penariti maze umukinnyi ayihushije, arongera ayimusubirishamo kugira ayinjize maze izi kipe zombi zinganye 2-2.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

FIFA yakamuhaye igikombe cy’isi wenyine! Abafana bakomeje kwereka urukundo Mbappé waraye utanze ibye byose ariko bagenzi be bakamutenguha

Emmy n’umufasha we babwiranye amagambo meza bizihiza umwaka umwe ushize barushinze