Umutoza wa Chelsea nyuma y’uko abonye ko umutoza atarimo kwitwara neza, ahise yirukanwa nyuma y’uko ikipe ye yaraye itsinzwe n’ikipe ya Dynamo Zagrebe igitego 1;0.
Uyu mutoza kubera kutitwara neza, yahise yirukanwa ndetse ubuyobozi bwa Chelsea bwemeza ko yurukanwe ndetse baza gutangaza umutoza nyuma y’iminsi ibiri.
Thomas Tuchel bibaye ubwa kabiri yirukanwa mu ikipe nyuma y’uko yigeze kwirukanwa muri Paris saint Germain ayigejeje kuri finale ya champions league.