in

Bose ni abagwizatunga! Rutahizamu Romelu Lukaku aravugwa mu rukundo n’umuhanzikazi ufite ubwiza buhebuje Megan Stallion (Amafoto)

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bubiligi na Inter de Milan yo mu Butaliyani Romelu Lukaku Bolingoli, bikekwa ko ari mu munyenga w’urukundo nyuma yo kugaragara ari kumwe n’umuraperikazi w’Umunyamerika Megan Thee Stallion.

Aba bombi bagaragaye bahuje urugwiro mu bukwe bwa mugenzi wa Lukaku, Lautaro Martinez bakinana mu Butaliyani bwabaye kuri uyu wa Mbere.

Gusa ntabwo biramenyekana niba bombi baritabiriye ubu bukwe nka couple gusa bose baheruka gutandukana n’abakunzi babo.

Lukaku aheruka gutandukana na Sarah Mens mu gihe Megan yatandukanye na Pardison Fontaine na we usanzwe ari umuhanzi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwe bati “Nonese azakina wenyine?”, “Ni make pe tiramukeneye” Abantu benshi bacitse ururondogoro nyuma yo kumenya amafaranga Onana ari gusaba kugira ngo akinire u Rwanda

Bikomeje kugorana! Umugore wa Yesu yanyomoje amakuru avuga ko atwite kandi ageze mu zabukuru