in

Biteye agahinda : Umugabo ufite ibibyimba birenga 1000 ku mubiri akomeje kubabaza benshi (Video )

Umugabo witwa Habarurema ukomoka mu karere ka burera avuga ko yahuye n’ikibazo cy’uburwayi aho yamenye ubwenge abona azana uduheri ku mubiri nyuma uburwayi bukomeza gukura bivamo ibibyimba ubona umureye n’amaso.

Mu burwayi avuga ko ababyeyi bamuvuje ndetse n’abavandimwe be baramuvuza gusa bikomeza kwanga Kugeza nanubu aho benshi bagiye bamuvugiraho ko ubwo burwayi bwe bishobora kuba ari amahano iwabo bakoze bityo bikagaruka we.

Akomeza avuga ko icyateye ubwo burwayi ntacyo aramenya ndetse ko yanagiye kwa muganga kenshi gusa ibisubizo bikabura neza . byinshi ku burwayi bwe arakomeza abivuga mu mashusho tubasangije.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abageni bafite ubumuga bwo kutavuga no kutumva batunguye abantu.

Ibyo ukwiye gukora mbere y’umunsi umwe ngo ukore ubukwe.