in

Biravugwa ko Djabel Manishimwe ari ku rutonde rw’abakinnyi bashobora kwirukanwa nyuma yo guhabwa ibihano bikakaye

Kapiteni wa APR FC , Djabel Manishimwe yafatiwe ibihano bikomeye n’ikipe ya APR FC nyuma yo kutumvikana n’umutoza we Adil Mohamed Erradi na we waje gufatirwa ibihano bikakaye.

Nyuma y’uwo mwuka mubi wabo bombi, APR FC yaje gufata icyemezo cyo guhagarika umutoza wayo Adil Mohamed Erradi.

Nyuma ya Adil, Djabel Manishimwe na we yaje guhagarikwa ndetse anamburwa igitambaro cy’Ubukapiteni.

Djabel yahagaritswe igihe kingana n’ukwezi kose, aho nava mu bihano azahita asubirana igitambaro.

Hari n’andi makuru avuga ko Djabel Manishimwe yaba ari ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’abakinnyi ikipe ya APR FC ishobora kuzasezerera.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Bigire ku bandi” Inama ya Jimmy Gatete ku bari muri siporo nyarwanda y’uko bakemura ibibazo birimo (Videwo)

Korari y’abakobwa bambaye imyenda ikurura abagabo indirimbo yabo iratangaje