in

“Bigire ku bandi” Inama ya Jimmy Gatete ku bari muri siporo nyarwanda y’uko bakemura ibibazo birimo (Videwo)

Umunyabigwi w’ikipe y’igihugu Amavubi Jimmy Gatete yavuze ko atazi ibibazo biri mu mupira w’u Rwanda anavuga ko abakabicyemuye hari ibyo birengagiza.

Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru aho yabajijwe niba azi ibibazo biri muri siporo Nyarwanda.

Jimmy Gatete yavuze ko atabimenya kuko atari inaha mu Rwanda ko kubimenya byamugora gusa ngo abari muri siporo nibo bakabimenye.

Jimmy yanatanze inama y’ukuntu byakemuka mu nzira nziza. Aho yavuze ko uburyo byo gucyemura ibibazo muri siporo ko ari bumwe ku isi yose.

Akomeza avuga ko bakwigira ku bandi bakareba uko babikora maze bakareba ko umupira udatera imbere.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuca inyuma akwica; Umugabo yishe umugore we n’umugabo bamucaga inyuma

Biravugwa ko Djabel Manishimwe ari ku rutonde rw’abakinnyi bashobora kwirukanwa nyuma yo guhabwa ibihano bikakaye