in

Korari y’abakobwa bambaye imyenda ikurura abagabo indirimbo yabo iratangaje

Umunyarwenya unamenyerewe muri Cinema Nitegeka Gratien uzwi nka Papa Sava muri filime yitiriwe izina yitwa Papa Sava akaba akina no muzindi filime nyarwanda zigiye zitandukanye, muri filime ye yakoze agashya.

Igice k’iyo filime Papa Sava cyagiye hanze, kirimo korari y’abakobwa bambaye imyenda ikurura abatari bacye cyane abiganjemo igitsina gabo kubera ukuntu igaragaza ikimero cyabo.

Iyi filime ikunze kugaragaramo udushya dore ko nyirayo Gratien ahorana udushya, ibi byatumye abantu bacika ururondogoro bitewe n’iyo myambarire ndetse n’indirimbo baririmbaga bagira bati “Abiyambika umusa Imana ibambike fime”.

Kuri ubu abagize iyo filime bari mu byishimo nyuma y’aho Ndimbati agarutsemo nyuma y’amezi 6 atagaragaramo ari muri gereza kubyaha yashinjwaga gusa nyuma akaza kugirwa umwere ubu yatangiye gukina muri filime Papa Sava.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biravugwa ko Djabel Manishimwe ari ku rutonde rw’abakinnyi bashobora kwirukanwa nyuma yo guhabwa ibihano bikakaye

“Impanga zarakuze disi” Riderman yagaragaye agirana ibihe byiza n’abana be (video)