in

Biratangaje: Hari gukusanywa inkari z’abagore batwite zikajyanwa mu yindi mirimo

Kuri uyu wa kabiri mu karere ka Kamonyi nibwo hagaragaye moto itwaye igikarito kirimo ibinu bitagaragara mimbere.

Abaturage batangaje ko iyo moto iba itwaye inkari z’abagore batwite ariko abo baturage bavugako batazi aho izo nkari zijya kuko abo bazitwara babwira abaturage ko izo nkari zijya gukorerwaho ubushakashatsi

Abo baturage bakaba basaba ko hakurikiranwa aho bajyana izo nkari bakamenya nicyo ziri gukoreshwa kuko bafite ubwoba bwabo bantu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu benshi batunguwe n’umubare w’abakinnyi APR FC igiye kohereza mu ikipe ya Marine FC ikomeje kwandagazwa

“Uwa Messi niwe urenze” abandi bati “Uwa Cristiano niwe urenze” impaka zabaye nyinshi ku bantu bibaza ku bwiza bw’umugore wa Messi ndetse n’uwa Cristiano(Amafoto)