in

Birakaze:Hagati y’akarere ka Rwamagana,abarimu n’abaganga ntibyoroshye.

Mu karere ka Rwamagana gaherereye mu ntara y’Iburasirazuba ndeste kakaba gahana imbibi n’umunjyi wa Kigali mu turere twa Gasabo na Kicukiro ndetse n’utundi turere two mu ntara y’Iburasirazuba, Bugesera na Kayonza.Muri ako karere ibintu byibyoroshe hagati karere, Abarimu ndetse n’abaganga.

Abarimu n’abaganga bo mu karere ka Rwamagana bagaragaje kwinubira gahunda yo gukatwa amafaranga angana na 1%kugira ngo mu gushyigikira ikipe ya Rwamagana City ibarizwa mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda.

Rwamagana yazamutse mu cyiciro cya mbere uyu mwaka izamukana n’ikipe ya Sunrise FC nayo yo mu ntara y’Iburasirazuba kurubu ibarizwa mu karere ka Nyagatare.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: umugabo yiyahuye nyuma yo gukeka ko umugore we amuca inyuma

Umutoza wanyuze muri ekipe ya Mukura Vs yagizwe umutoza mukuru w’ikipe ikomeye muri Costa Rica