in

Birabe ibyuya! Ngoma ubuzima bw’abanyeshuri basaga 70 buri mu kaga, gusa harakekwa icyibyihishe inyuma

Mu ntara y’uburasirazuba mu karere ka Ngoma abanyeshuri biga ku kigo cya GS Gahushyi ubuzima bwabo buri mu kaga.

Ibi byabaye nyuma y’uko abo banyeshuri bariye ibiryo bikekwa ko byari byarozwe mu buryo butazwi.

Abo banyeshuri bajyanywe ku bitaro igitaraganya batangira kwitabwaho n’abaganga aborohewe bagataha nk’uko umunyamabanga Nshingwabikorwa wa kibungo yabitangarije umunyamakuru wa BTN TV dukesha iyi nkuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndimbati uraceceka, ntabwo nceceka” Amashusho ya Ndimbati ari gucyocyorana n’abanyamakuru imbere ya Titi Brown hanze ya gereza ya Mageragere akomeje guhererekanwa cyane ku mbuga

Bibwirwa bake: Titi Brown yajyiriwe inama ya Kigabo igiye gutuma abona akavagari k’amafaranga yari agiye kuribwa n’abanyamakuru bingeri zose