in

Bibwirwa bake: Titi Brown yajyiriwe inama ya Kigabo igiye gutuma abona akavagari k’amafaranga yari agiye kuribwa n’abanyamakuru bingeri zose 

Bibwirwa bake: Titi Brown yajyiriwe inama ya Kigabo igiye gutuma abona akavagari k’amafaranga yari agiye kuribwa n’abanyamakuru bingeri zose.

Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown wari umeze imyaka ibiri mu Igororero rya gereza nkuru ya Nyarugenge i Mageragere ku munsi w’ejo nibwo urukiko rwatangaje ko uyu musore yagizwe umwere ku cyaha cyo gusambanya umwana akaba ari nkuru yashimije benshi mu bakunzi b’uyu mubyinnyi wabigeze umwuga.

Ubwo Titi Brown yasohokaga i Mageragere uwitwa “Ger_main” ku rubuga rwa X yamugiriye inama ya Kigabo yanashyigikiwe ba benshi kubera ibintu byiza byari biyikubiyemo.

Inama Ge_main yagiriye Titi Brown ishobora gutuma abona amafaranga bitamusabye kwirirwa ajya kuyashakira ahandi:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona iyi nama Ger_main yagiriye Titi Brown:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya! Ngoma ubuzima bw’abanyeshuri basaga 70 buri mu kaga, gusa harakekwa icyibyihishe inyuma

Umunyarwanda yari akirimo: Ikipe ikinamo Umunyarwanda yakubise Liverpool iyirusha