in

Baza bambaye nk’abatashye ubukwe! Ikipe ikinamo Umunyarwanda Ntwari Fiacre yemeje isi yose kubera ukuntu baza ku kibuga bambaye neza cyane nk’abagiye mu biro (AMAFOTO)

Baza bambaye nk’abatashye ubukwe! Ikipe ikinamo Umunyarwanda Ntwari Fiacre yemeje isi yose kubera ukuntu baza ku kibuga bambaye neza cyane nk’abagiye mu biro.

Ikipe ya TS Galaxy ya NTWARI Fiacre iza kibuga bose bambaye amakote nk’abakozi bo mu biro cyangwa abayobozi bakomeye.

Mu mikino 3 ibanza bamaze gukina batsinzemo 2 banganya 1.

Ntwari Fiacre ni umuzamu wa kabiri APR w’iyi kipe ikora ibintu byayo ku murongo.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuyobozi bwa APR FC busohoye itangazo ritunguranye kandi rigenewe buri mufana wese w’iyi kipe ugishidikanya ku musaruro bari gutanga muri iyi minsi

Byiringiro Lague ibyo atakoreye APR Fc ubu ari kubikorera i Burayi! Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Byiringiro Lague yongeye kwandika amateka i Burayi