in

Ubuyobozi bwa APR FC busohoye itangazo ritunguranye kandi rigenewe buri mufana wese w’iyi kipe ugishidikanya ku musaruro bari gutanga muri iyi minsi

Ubuyobozi bwa APR FC busohoye itangazo ritunguranye kandi rigenewe buri mufana wese w’iyi kipe ugishidikanya ku musaruro bari gutanga muri iyi minsi.

Ikipe ya APR FC isohoye itangazo risaba abafana gukomeza kwihanga, kuba hafi ikipe cyane ko aribwo umwaka w’imikino ugitangira.

APR FC ivuga ko bari gukora ibishoboka byose kugira ngo batange umusaruro.

ITANGAZO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya! Umugore w’umutoza w’ikipe ikomeye cyane i Nyarugenge yakoze impanuka bituma umugabo atajya gutoza ikipe ye mu mukino wa shampiyona

Baza bambaye nk’abatashye ubukwe! Ikipe ikinamo Umunyarwanda Ntwari Fiacre yemeje isi yose kubera ukuntu baza ku kibuga bambaye neza cyane nk’abagiye mu biro (AMAFOTO)