in

Fatakumavuta yasaze yasizoye nyuma yo kubatizwa izina rya ‘Fatakumwaku’ na KNC

Kakoza Nkuriza Charles uzwi kw’izina rya KNC nyiri ikipe ya Gasogi United hano mu Rwanda muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere akomeje guterana amagambo na Fatakumavuta.

Uyu Fatakumavuta nawe akaba ari umuvugizi wa Gorilla FC yavuzeko KNC akomeje kumutera amagambo ngo ku mukino ushize yavuze ko afitanye ubucuti na HADJI ariko akongera akamubwira ko kuri uyu munsi ntabucuti buhari.

Fatakumavuta yageneye ubutunwa KNC buvuga ko kuva uyu munsi Gasogi United izahora ari umugore wa Gorilla FC Kandi ngo akaba ari inshoreke.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Haringingo Francis yatumye benshi bavugishwa nyuma yo kuvuga ikintu gitangaje yabonye kuri Joachim Ojera ndetse n’ikintu kimwe abura kugirango yemeze abantu burundu

Rayon Sports yiteguye guhindura amateka ikanyagira Kiyovu Sports imaze igihe kinini yarayigize insina ngufi! Urutonde rw’abakinnyi 11 bazabanzamo ku mpande zombi