in

Bamuciriye ikinyafu barahuragura! Abakobwa batatu bavukana bavumbuye ko umusore ukundana na mukuru wabo amuca inyuma bahita bamutera mu nzu ye baramukubita bamukubita nk’izakabwana – videwo

Abakobwa batatu bavukana bavumbuye ko umusore ukundana na mukuru wabo amuca inyuma bahita bamutera mu nzu ye baramukubita bamukubita nk’izakabwana.

 

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umusore watewe n’abakobwa batatu mu nzu ye bakamukubita nk’abakubita umwana.

Uyu musore bamuhoragako yagerageje guca inyuma mukuru wabo nawe wari uri muri aba batatu.

Muri iyividewo umukobwa umwe yumvikana avuga ati ” ko uteretana na mukuru wange kuberiki uza kumbwira ngo turyamane, uba ugirangi mpemukure umuvandimwe wange.”

Muri make uyu musore yasabaga barumuna b’umukobwa bakundana, ko baryamana ariko baza kumukorera inama yo kumutera bakamukubita.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“We arasobanutse ni umupfumu” Dr. Rev Antoine Rutayisire yavuze impamvu yifotoranyije n’umupfumu Rutangarwamaboko ndetse anagenera ubutumwa abenenze uko kwifotozanya

Hamenyekanye agaciro k’amamiliyoni y’ibyangirikiye mu nkongi y’umuriro yibasiye igorofa rikorerwamo ubucuruzi butandukanye muri Gare ya Musanze