in

Bahujwe na Bamenya: Soleil witegura kurongorwa na Kanimba, anyotewe kuba umugore w’uyu musore wahogoje inkumi

Uwase Delphine wamenye nka Soleil na Mazimpaka Wilson wamenyekanye nka Kanimba, bamamaye muri filime y’uruhererekane ‘Bamenya’ itambuka ku muyoboro wa Youtube, baritegura gukora ubukwe mu muhango uzaba ku wa 17 Ugushyingo 2023.

Aba bombi bahuriye muri Filime y’uruhererekane izwi nka Bamenya.

Soleil yabwiye InyaRwanda ko anyotewe no kuba umugore wa Kanimba aho ku itariki ya 17 azaba ari umunsi udasanzwe.

Nubwo basohoye integuza y’ubukwe bwabo, abantu benshi ntibari kubyemera gusa ba nyiribwite babyihamirije.

Uwase ni umukinnyi wa filime wabigize umwuga, umucuruzi wanabyize muri Kaminuza, umu sportif ubirambyemo ndetse unafite umukandara w’umukara muri karate (Ceinture Noire)

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Clapton Kibonge yandikiye Manchester United umwanzuro yamaze gufata kubera gutsindwa kwayo

“Ariko disi yahose ari keza”  Killaman yasohoye ifoto arikumwe n’umugore we mu myaka 9 ishize katarafatwa bituma benshi amarangamutima azamuka