in

Babyeyi ibi bibabere isomo, umubyeyi yari abuze umwana we kubera amwe mu makosa akorwa na benshi bibwira ko ari ubusirimu(Videwo)

Babyeyi ibi bibabere isomo, umubyeyi yari abuze umwana we kubera amwe mu makosa akorwa na benshi bibwira ko ari ubusirimu(Videwo)

Muri iki gihe benshi biyita abasirimu barahiye ko batazongera guheka abana mu migongo yabo kubera bimwe mu bikoresho biborohereza ariko batibuka ko byagira n’ingaruka zikomeye ku bana babo harimo n’urupfu.

Ibi nibyo byabaye ku mubyeyi wari washyize umwana mu kagare ka mumufasha gusa mu buryo butunguranye kaje kwitembereza kagana mu muhanda urimo imodoka ziruka cyane gusa umugabo wari uraho hafi yahagobotse amufata ataragera mu muhanda.

Ni mu gihe uwari mama we yaguye akavunika ubwo yageragezaga kwiruka kuri aka kagare.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Umwaku ni uko twasanze ntawarokotse” Abaturage batewe agahinda gakomeye n’umuryango w’abantu batanu bapfiriye rimwe kubera inkangu (VIDEWO)

Birashoboka ko umwe yajya muri mukeba ‘APR FC’! Ba rutahizamu 2 bari bafatiye runini Rayon Sports bagiye ku gurwa n’amakipe akomeye