in

Umugabo w’umugore witwa Manikuze Patricia yafunzwe azira ko yitabaye mu ijoro ubwo bari batewe n’umuntu batazi 

Umugabo w’umugore witwa Manikuze Patricia yafunzwe azira ko yitabaye mu ijoro ubwo bari batewe n’umuntu batazi

Umugore witwa Manikuze Patricia utuye mu murenge wa Kabarore mu karere ka Gatsibo aratabariza umugabo we umaze umwaka afunze azira ko yirwanyeho ubwo yari yatewe n’umuntu atazi.

Uyu mugore avuga ko ubwo bari bamaze iminsi 4 gusa bimukiye mu nzu babamo, batewe n’umugabo mu masaha y’ijoro, bivugwa ko yari aje kureba umuntu wari usanzwe utuye muri iyo nzu.

Ubwo yazaga yaje yiyahura mu nzu ndetse, ubwo kuko yaje abarwanya umugabo wa Patricia yahise yirwanaho nk’umuntu utewe, ku bw’amahirwe make uwo mugabo wabateye arahakomerekera.

Bukeye ubuyobozi bwaje guta muri yombi uwo mugabo ndetse kuri ubu amaze umwaka afunze azira kuba yarirwanyeho ubwo yari yatewe.

Ikibazo cyaje kubamo, uyu mugabo ntiyari afite umuntu wamuvuganira muri ako gace kuko yari mushyashya avuye mu kandi gace.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Azicyo ashaka! Nsanzimfura Keddy akomeje kwerekana ko impano ye idasanzwe -AMAFOTO

Nguyu umuti uvura ibiheri byo mu maso, imiburu, inkovu, amabara ku ruhu, gukuza umusatsi, kugira uruhu rworohereye ndetse n’izindi ndwara zose z’uruhu