in

Zizou Alpacino agiye kongera guhuza abahanzi nyarwanda bakomeye

Umushoramari muri muzika ndetse unatunganya amajwi uzwi nka Zizou Alpacino uzwiho guhuza abahanzi bagahurira mu ndirimbo imwe, yateguje album ya kabiri yise ‘Doxa’ nyuma yo gushyira hanze iya mbere yise ‘5/5 experience’.

Amakuru avuga ko kuri iyi album nshya ya Zizou izajya hanze tariki 25 Werurwe 2023, izaba igizwe n’indirimbo zirindwi, ikazaba iriho abahanzi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.

Uyu Zizou Alpacino yakoranye indirimbo n’abahanzi barimo The Ben, King James, Riderman n’abandi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mutesi Jolly mu magambo akakaye cyane yongeye kwibutsa abantu ibiranga inyangamugayo

Mutabazi Isingizwe Sabine witabiriye Miss Rwanda ,yavuze uko yumvise uburyohe bw’Imana binyuze mu musore bari mu rukundo