in

Arsene Wenger yavuze amagambo akomeye kuri Arsenal uyu mwaka

Uwahoze ari umutoza wa Arsenal ndetse kuri ubu akaba afite umwanya ukomeye muri FIFA, yagize icyo avuga kuri Arsenal y’uyu mwaka iryana ndetse igaragaza amashagaga ku gikombe cya Shampiyona.

Ariko ubu uyu Mufaransa w’imyaka 72 yafungutse avuga byinshi ku mikinire ya Arsenal ndetse ntiyashobora guhisha ko yishimiye akazi kari gukorwa na Arteta.

Wenger yagize ati: “Navuga ko bari mu cyerekezo cyiza. Ndababwiza ukuri ko ntekereza ko nta mwanya ufite intege nke mu ikipe … ni bato, abakinnyi batanga icyizere kandi baguze neza uyu mwaka.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagore batatu bafunzwe bazira gufata ku ngufu umugabo ufite ubumuga bwo mu mutwe

Igifi cyinini cyapfiriye ku nkombe z’inyanja cyatumye abatuye umurenge bose babona inyama ku buntu (Amafoto)