in

“Ariko twanamutanga” KNC yagize icyo avuga ku makuru akomeje kuvuga ko rutahizamu wa Gasogi United, Malipangou Theodor yaba agiye kwerekeza muri Nyamukandagira – VIDEWO

Mu bitangazamakuru bitandukanye hakomeje kumvikana amakuru avuga ko rutahizamu wa Gasogi United, Malipangou Theodor na Peter Agblevor wa Musanze FC baba bagiye kwinjira muri APR FC.

Ku ruhande rwa Malipangou, Perezida wa Gasogi United, KNC yavuze ko APR FC itarabaganiriza gusa izanye amafaranga yamwegukana nubwo agifite amasezerano.

Ubwo yari mu kiganiro cy’imikino ku Radio/TV 1, KNC yagize ati “Malipangou aracyafite amasezerano. Ariko twanamutanga ku bujuje ibisabwa.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi The Ben yahishuye icyintu azi neza ko kimubangamira iyo ari kurubyiniro

Rayon Sports yakoze imyitozo ya nyuma idafite abakinnyi bayo 3 babanzaga mu kibuga mu gihe yitegura guhangana na AS Kigali – AMAFOTO