in ,

APR FC ituye umujinya Gorilla rutahizamu Victor Mbaoma atsinda ibitego bitumye acecekesha abamwibeshyagaho

APR FC ituye umujinya Gorilla rutahizamu Victor Mbaoma atsinda ibitego bitumye acecekesha abamwibeshyagaho.

Mu mukino wahuzaga ikipe ya APR FC na Gorilla FC urangiye APR itsinze ibitego 4-1 ihita yisubiza umwanya wa mbere n’amanota 30 ni nyuma y’igihe abakunzi bayo bayishinja kunganya imikino myinshi ndetse banagaragaza ko batishimiye umutoza Thierry Froger n’umukino kandi rutahizamu Victor Mbaoma yatsinzemo ibitego bibiri wenyine ahita akomeza kuyoboza inkoni y’icyuma bagenzi n’ibitego 10.

Abakinnyi batsindiye ikipe ya APR FC ni Pitchou, Victor Mbaoma watsinze ibitego bibiri na Apam.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aba-Diaspora b’abanyarwandakazi bashyizwe igorora! Hagiye gutangira irushanwa rya Miss Rwanda Diaspora

“Ko mwebwe batarazibaha kandi murara mwicuruza ijoro ryose”: Dj Brianne yaraburije abasebeje umuherwekazi Alliah Cool bakavuga ko ari indaya -AMASHUSHO