in

Anitha Pendo yakorewe ibirori by’amateka ku isabukuru ye ( Amafoto)

Ku munsi w’ejo nibwo abakundana bizihije umunsi wabo aho wasanga henshi muri Kigali bari kugura indabo ndetse n’impano zo guha abakunzi babo.

Mu gihe benshi bakora ibirori bya bakundana kwa Anitha pendo Hari ikirori cy’uko yavutse ku munsi wa bakundana.

Anitha pendo umaze kwigarurira imitima y’abakunzi benshi ku munsi wa saint valentin we yizihije isabukuru .

Nibwo yakorewe ibirori byo kwizihiza  isabukuru ye aho yatunguwe n’inshuti ze zikamufasha kwishima ku munsi we w’amavuko.

Inshuti za hafi zari zabukereye ku munsi wa mavuko wa Anitha aho yagiye ahabwa impano nyinshi zitandukanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Johnny Drille yomoye ibikomere by’imitima y’abasaga miliyari ku isi ku munsi w’abakundana

Umukobwa witabiriye Miss Rwanda yaciye impaka yerekana umukunzi we kuri Saint Valentin