Nyuma y’uko Mugabekazi Lilian agejejwe imbere y’inkiko kugira ngo akurikiranweho icyaha cyo kwambara ibiteye isoni mu ruhame Kandi atazwi, abantu bagendeye kuri ibi basabira Ange Dababy kuba yagezwa imbere y’urukiko nawe agakurikiranwa kubyo arimo asangiza abantu.
Uyu mukobwa wigeze gutamazwa n’amafoto ndetse na video bye byahiye hanze arimo yikinisha, yongeye gushyira Andi mashusho hanze yambaye ubusa buri buri ndetse abantu bahita bamusabira gufungwa kubera ko hari benshi bamufataho ikitegererezo Kandi uwafunzwe we atari sanzwe azwi ku buryo hari abamufataho ikitegererezo.
Nashaka azajye kuri kaburimbo yambaye ubusa. Ntago twebwe bitureba, izuba ryaratse