in

Ange daBaby uherutse gutamazwa n’amafoto arimo kwikinisha, yasabiwe gufungwa kubera andi mafoto ye yambaye ubusa yashyize hanze -Amafoto

Nyuma y’uko Mugabekazi Lilian agejejwe imbere y’inkiko kugira ngo akurikiranweho icyaha cyo kwambara ibiteye isoni mu ruhame Kandi atazwi, abantu bagendeye kuri ibi basabira Ange Dababy kuba yagezwa imbere y’urukiko nawe agakurikiranwa kubyo arimo asangiza abantu.

Uyu mukobwa wigeze gutamazwa n’amafoto ndetse na video bye byahiye hanze arimo yikinisha, yongeye gushyira Andi mashusho hanze yambaye ubusa buri buri ndetse abantu bahita bamusabira gufungwa kubera ko hari benshi bamufataho ikitegererezo Kandi uwafunzwe we atari sanzwe azwi ku buryo hari abamufataho ikitegererezo.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kanakuze Salumu
Kanakuze Salumu
1 year ago

Nashaka azajye kuri kaburimbo yambaye ubusa. Ntago twebwe bitureba, izuba ryaratse

Amashirakinyoma ku nkuru ziri kuvuga ko umuhanzi Makanyaga Abdul yitabye Imana

Kwambara inkweto ndende bituma umugore atarangiza mu gikorwa cy’abakuze, menya impamvu zatuma umugore atarangiza