in

Andi mashusho y’urukozasoni y’abakobwa bane b’abanyarwandakazi barimo bakoresha amacupa, yongeye guteza umwuka mubi ku mbuga nkoranyambaga

Andi mashusho y’urukozasoni y’abakobwa bane barimo bakoresha amacupa, yonge guteza umwuka mubi ku mbuga nkoranyambaga.

Ibintu bikomeje kudogera mu rubyiruko, ku mbuga nkoranya mbaga amashusho y’urukozasoni y’urubyiruko aracicikana urudaca.

Nyuma y’amashusho y’umukobwa yashyizwe hanze, hongeye gushyirwa hanze andi mashusho y’abakobwa bane bambaye ubusa buri buri.

Si aya mashusho gusa kuko hari nandi menshi yagiye ayabanziriza, hakomeje kwibazwa impamvu iri gutuma urubyiruko cyane cyane abakobwa bifata amashusho y’urukoza soni bakayakwiza ku mbuga nkoranya mbaga.

Benshi bakomeje kwibaza niba baba babikora kugirango bamamare vuba cyangwa babikora kugirango bagurishe ayo mashusho, kugeza ubu nta muntu uzi impamvu bikomeje kugenda gutya.

Ese ni uruhe Rwanda rw’ejo niba urubyiruko rukomeje kwikora ibi bintu?.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu wayo Fiston Mayele ntiyazanye na bagenzi be! Ikipe ya Pyramids FC yageze i Kigali aho ije gucakirana na APR FC muri CAF Champions League – AMAFOTO

Umunyamakuru Reagan Rugaju yatangaje ko ababajwe bikomeye n’abantu bakomeje kwibasira bagenzi be Murindahabi na Faustinho babaziza ineza yabo