in

Amwe mu mafoto utigeze ubona y’udushya twaranze ubukwe bwa Nicole wazanye umupira wo gukina aho kuzana indabo

Ubukwe bwa Nicole n’umukunzi we Yves batunguye abantu dore ko uyu mukobwa yagaragaje udushya twinshi turimo no kwerekana urukundo akunda umukino wa Basketball, aho yazanye umupira wo gukina mu mwanya w’indabo zabageni.

Ni ibirori byabaye ku wa gatandatu tariki ya 06 Werurwe 2021, bibera mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, Urwibutso Nicole yagaragaje urukundo akunda umukino wa Basketball, ubwo yifotozanyaga umupira wo gukina, aho kwifotozanya indabo nk’ibisanzwe bikorwa muri uwo muhango.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mugabo yakoze agashya ajya gusezerana n’umugeni we yambaye mu buryo busekeje|benshi bamuhaye inkwenene.

Ku myaka 5 y’amavuko abana b’impanga bashyingiranywe|ababyeyi babo babihaye umugisha.