in

AMASHUSHO Y’UMUNSI : Anita Pendo yaragiye inka zenda kumwica

Umunyamakurukazi akaba numushyushya birori (MC &DJ) Anita Pendo yagaragaye aragiye inka gusa zishaka kumwica.Nkuko bigaragara mu mashusho yashyize kuri Instagram agaragaza Anita yagiye mu rwuri aho yari afite inkoni aragiye inka.Yifuzaga kuziyobora ariko inka ntizimwemerere ndetse mu bigaragara yari yazitinye kuko yanazivugishaga nkaho ziramwumva.

Abafana ba Anita Pendo basetse cyane barakumbagara bamubona aragiye izi nka nkuko bagiye babyandika ahatangirwa ibitekerezo(comment).

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 11 bahombeye amakipe mu mateka ya Premier league.

Uganda: Benshi bakomeje gutangazwa n’ishuri abasore bambara amajipo