in

Amashusho y’umugore utwite aryamanye n’undi mugabo bivugwa ko ari Pasiteri we, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye

Amashusho y’umugore utwite aryamanye n’undi mugabo bivugwa ko ari Pasiteri we, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye.

Umugore utwite yafashwe n’umugabo we yambaye ubusa ari mu buriri hamwe n’umugabo bivugwa ko ari Pasiteri we.

Uyu mugore utwite inda bivugwa ko ari iy’amezi atanu, uzwi nka Marita ukomoka muri Zambia, yari yazanye uyu mupasiteri mu buriri bwe n’umugabo we basezeranye.

Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga,yagaragaje uyu mugore na Pasiteri bari mu cyumba bambaye ubusa ubwo uyu mugabo yabagwa gitumo.

Aba bombi bari bakikijwe n’ibintu bitangaje aho bikekwa ko barimo no kuragura.

Umugabo w’uyu mugore yumvikanye ababwira kutava aho bari ubwo yari ahanganye nabo.

Mu gihe umugore yageragezaga kwegera umugabo we, Pasiteri basambanaga yahise yambara akenda k’imbere kugira ngo ahishe ubwambure bwe.

Uyu yavugaga ati “Ndabica,ntihagire unyeganyega.Ku buriri bwanjye n’ikibazo…”

Benshi bavuze ko bishoboka ko uyu mupasiteri ariwe wateye iyi nda uyu mugore akaba yari aje kumuragurira ngo azabyare neza.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uru rubanza se mama azarutsinda?: Humble Jizzo yatangaje abagomba kumubera abatangabuhamya murubanza rwe

Birababaje! Amashusho y’umwana wavukanye ibitsina bibiri, icy’abakobwa n’icya bahungu akomeje gukora ku mitima ya benshi, ndetse akeneye ubufasha kuko amerewe nabi cyane(Amashusho)