in

Amashusho ya camera zo ku muhanda agaragaza uko mu gitondo muri feruje ya Nkumba habereye impanuka -videwo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu muri Uganda, i Nkumba habereye impanuka ikomeye.

Iyi mpanuka yabereye muri feruje ziri mu mujyi wa Nkumba ubwo imodoka zari zihagaze, indi y’ikamyo isanzwe itunganya sima zo kubakisha, nayo yaje ishaka guhagarara ariko ntibyayikundira ihita yibirindura.

Iyi modoka yagwiriye indi modoka y’umweru y’umuturage wari uri mu rugendo ndetse irangirika cyane ku buryo n’abari mo bagizweho ingaruka ikomeye n’iyo mpanuka ndetse bakahasiga ubuzima.

Ubwo impanuka yabaga mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, Camera zo ku muhanda nizo zabashije gufata amashusho y’uburyo iyi mpanuka yabaye. Reba videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yarezwe muri RIB! King James wavuzweho ubuhemu n’umushinja kumwambura amamiliyoni, yasobanuye imiterere y’iki kibazo

Abasirikare batwaye batendetse umusore wagiye mu mujyi akigira ikihebe agatwika imodoka