in

Amashusho ateye ubwuzu y’umuzungu aganira n’umunyarwanda mu rurimi rw’icyongereza barimo banyonga igare akomeje kwishimirwa na benshi

Umunyarwanda wese uba mu Gihugu cyangwa mu mahanga, yahamya ashize amanga ko uburezi bw’u Rwanda budaheza. Mu myaka 30 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, imwe mu mpinduka ikomeye kandi igaragara, ni umubare munini w’Abanyarwanda bashoboye kwiga.

Ibi bigarazwa n’amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga y’Umunyonzi aganira n’Umufaransa avuga Icyongereza ashize amanga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho ya Bruce Melodie wagaragaye arimo yigisha i Kinyarwanda ku bantu bavuga icyongereza, akameje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga

Kigali: Umwarimu yandikiye ibaruwa umuyobozi w’ishuri amugira inama, amusaba guhagarika imyitwarire mibi idakwiye kuranga abayobozi