in

Amakuru mashya: Niyo Bosco yikuye amata ku munwa none naho yagiye rwabuze gica

Niyo Bosco uherutse gutandukana na MIE Empire iyobowe na Irene Murindahabi akajya gusinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Sunday Entertainment kurubu imikoranire itangiye kuzamo kidobya.

Imikoranire ya Niyo Bosco na sosiyete ya Sunday Entertainment bari baherutse kwemeranya ko bagiye gukorana, yajemo kidobya itaramara kabiri.

Amakuru avuga ko Niyo Bosco n’ubuyobozi bwa Sunday Entertainment hari ibyo batigeze bumvikana byatumye kugeza ubu nta gikorwa na kimwe baratangira.

Kuri ubu Niyo Bosco ukunzwe n’abatari bake mu gihugu amaze igihe kirenga amezi 6 atandatu nagikorwa na kimwe arashyira hanze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’umunsi: Mw’ikanzu y’umutuku Pamella afashwe ku matama n’umukunzi we maze amubaza ikibazo cyakoze ku mitima ya benshi

Videwo y’umunsi ; Akina umupira kurenza abafite amaguru yombi